Nyirabugenge nubugenge bwayo

Nyirabugenge nubugenge bwayo

Share

Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Nyirabugenge nubugenge bwayo, Library, Kigali.

23/11/2021

MTN Rwanda Yโ€™ello! This is the official Facebook account for MTN Rwanda. Follow us for updates, promotions, competitions and the latest news about the brand.

๐Ÿ’›

Profile pictures 23/09/2020

Sweet Stories
REBA IBYAGUFASHA USHAKA
GUTERETA UMUKOBWA NGO
MUKUNDANE
Bigushimishije, ukumva unyuzwe
nibyo wabonye kuri IYI page
wakandaho like ukajya ubibona
bikoroheye
Basore Gutereta umukobwa
umwifuzaho urukundo sibintu ubyuka
ngo ugende uvuge, bisaba inzira kugira
NGO muzubake urukundo rukomeye
ntago wahura numuntu NGO
ndagukunda, Oya, uzaba wabyishe
byose.
Dore inzira zose uzanyuramo ugiye
gutereta umukobwa.
โˆš1.Genda Gake:
Mbere yuko utangira gutereta
umukobwa ,menya neza ko kumuhatira
kugukunda Atari igitekerezo
cyiza.Nubimuhatira azabona ko
ushobora kuba Uri umunyantege nke
kandi ko Wenda niyo yagukunda haza
abandi nyuma ye bakamugutwara.,
Abakobwa muri kamere yabo ntago
bapfa kuyoborwa n'amarangamutima ,
uko umugaragariza ko ushaka ko
mukundana cyane abona ko harigihe
waba ushaka ibindi bitari urukundo.
โˆš2. Bwa mbere umuvugisha, Shaka
ikintu runaka muganiraho kitari
iby'urukundo.
Kugira ngo umukobwa atangire kubona
ko umwitayeho. Shaka ikintu utangira
umuganirizaho Wihubuka uvuga
amagambo menshi NGO waramukunze ,
oya! Muganirize bisanzwe nk'incuti,
Ubutaha nugaruka kumuvugisha ntago
bizakuvuna ,nawe azumva ko ntakibazo
kibirimo kuba yaguha umwanya we
mukaganira.. ..
Ushobora nko kuvuga uti" Ese uheruka
kumva indirimbo nshya ya
Runaka......Etc. Ukamujyana nibindi
biganiro bisanzwe.
โˆš3. Ntukigaragaze uko utari imbere
ye.
Ntugashake kumwiyereka uko utari ngo
agukunde, Mwiyereke uko uri ,nawe
nyuma uzumva aribyiza kuko azakunda
wowe wanyawe. Natagukundira uwo
uriwe ubwo ntago azaba aruwawe,
igendere.
Harigihe yaba arumukobwa Ukurenzeho
avuka mumiryango ikize ,We akagufata
nkumuntu batakundana niyo mpamvu
Bisaba kumwereka uwo uriwe kugira
Ngo bitagusaba imbaraga nyinshi
umwumvisha ibintu bitari ukuri.
โˆš4. Igihe muganira Mubwire ko
Umwishimira.
Iyi nayo n'inzira nziza yo gutuma
umukobwa yumva ko umwitayeho,
gusa ubanze utekereze
ntumushimagize cyane nibitabaho.
Wimubwira iby'ubwiza bwe gusa,
ushobora kumubwira ko Ukunda
ibitekerezo bye, Ubwenge afite, Impano
runaka agira,
N'uburyo yigirira ikizere.
Bizatuma Yiyoroshya muburyo
yagufataga yumve ko ukunda
kumutekerezaho .
โˆš5. Mwereke Neza ko uri mukiganiro
muri kugirana.
Igihe muri kumwe murebe mumaso,
muhuze amaso, Ujye uhumiriza akanya
gato nkigihe ugiye kumubwira ijambo,
Bishobora gutuma areba kuruhande
kubera isoni ariko wowe ntukagire
ikibazo, nibigaragaza ko Atangiye
kumva anyuzwe nikiganiro hagati yawe
na we.
Niba urumuhungu ugira isoni, gutereta
bizakugora, ariko ishyiremo
akanyabugabo.

like page

Want your business to be the top-listed Government Service in Kigali?

Click here to claim your Sponsored Listing.

Location

Category

Telephone

Website

Address


Kigali